Mu karere ka Nyanza mu murenge wa Rwabicuma,Umusore akurikiranyweho gutera ubwoba nyina amubwira ko amuha amafaranga,atayamuha akamwica na we akiyahura.
Uyu musore afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Nyagisozi aho yarari ari gutera ubwoba mu karere ka Nyanza aho akekwaho icyaha cy'ibikangisho, no kugambarira kwica akanashaka kubishyira mugikorwa muri akakanya namwanzuro wari wamufatirwa gusa mu minsi mike uratangazwa.
Post a Comment