RUHANGO:POLISI YARASHE ABANTU BAKEKWAHO UBUJURA UMWE AHITA APFA.


 Polisi y'u Rwanda yarashe abantu babiri bakekwaho ubujura mu Karere ka Ruhango, umwe ahita apfa undi na we arakomereka. Ibi byabaye nyuma y'uko bafatiwe mu cyuhi batwaye ihene z'umuturage bakagerageza kurwanya inzego z'umutekani cyangwa gushaka intwaro.

Umwe muri abo bantu yahise apfa,mu gihe undi yakomeretse bikomeye akajyanwa mu bitaro aho bamujyanye kumuvura barebe ko yasubira buzima kuko yakomeretse.

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post