CRISTIANO RONALDO YATWAYE IGIKOMBE CYA CHAMPION YO MURI SAUDI ARABIA.

Cristaino ubusanzwe n'umukinnyi wigihange mu mukino w'umupira wa maguru kwisi bigenda bigaragara bitewe n'uko mu kibuga yitwara,ikindi akaba ari nawe mukinnyi ufite ibitego byinshi muri ruhago akaba ariwe mukinnyi wa 2 ufite Baroo Dor nyinshi kwisi.

Akaba yari yaragiye muri saudi arabia avuye muri Manchester United akaba yaragiye kumenyekanisha umupira wo muri arab gusa akanatwara ibikombe gusa byari byaranze kubera muri saudi arabia hari hagiye abandi bakinnyi bakomeye kandi baragiye muri ekipe imwe kubera na ekipe ikomeye afite bikagorana gusa kumunsi wo kuwa 21/05/2026 nibwo yagiteruye we na ekipe ye,uko byagenze yatsinze ibitego bibiri harimo na coufra.

cristiano nibwo atwaye igikombe cya championa yo muri saudi arabia cyizwi nka saudi pro league,ibyishimo nibyinshi kubafana ba cristiano ronaldo.

 

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post