Iradukunda Grace Divine wamamaye nka dj ira yahishuye ko uburwayi bwa papa we, Mbinimpa Juvenal ,ari bwo bwatumye afata umwanzuro wo guharika gukora kuri televiziyo Rwanda ,aho yakoraga akazi ko kuvanga imiziki nkumwuga we asanzwe akora.
ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na "Igihe sports" aho yavuze ko agahinda ko kurwaza Papa we kutamaga ahora arira agatekereza ko akomeje gukora kuri televiziyo yazisanga yarize imbere y'abantu.
Yagize ati "kuri nahise mbihagarika,kuko ataranapfa,akirwaye hari ukuntu nabaga nicaye nkisanga narize.Nkavuga nti "ese nje kuri nibabona ndize biragenda gute?Rero mpagarika kujya kuri televiziyo".
Se wa Dj ira yitabye Imana tariki 12 kamena 2023,afite imyaka 67 y'amavuko.

Post a Comment