Chelsea yatangaje Xabi Alonso nk'umutoza ugiye gusimbura uwaruriho.


 Ekipe ya Chelsea nimugihe imaze iminsi irimubihe bitari byiza kuburyo yariyageze na final ya FA CUP ariko bikanga bakakirata gusa bafashe umwanzuro wo kuzana umutoza mushya bemeza ko xabi alonso ariwe uzayibera umutoza mu myaka 4 iri mbere .

Uyu mutoza yatoje amakipe akomeye muriyo harimo Bayer Leverkusen izwi nka ekipe ikomeye mu gihugu cy'Ubudage iyi ekipe yayitoje season yose badatsinzwe kandi yanatoje ekipe ya Real Madrid izwi nka ekipe y'ibigwi mugihugu cya espanye no kwisi hose kubera ibikombe bya Champion s'league ifite iyi ekipe ninayo iheruka gutandukana nawe .

inshingano ze mu ekipe ya Chelsea aza zitangira kuwa 1 nyakanga 2026 .

calcum Mcfarlane niwe urigutoza Chelsea Fc by'agateganyo nyuma yo kwirukanwa kwa Liam Rosenior


tanga igitekerezo

Previous Post Next Post