Umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha ,RIB,Dr. B Murangira Thierry yemeje ko umuhanzi yampano muri yatawe muri yombi tariki 16 Gicurasi 2026.
Dr B Murangira Thierry yavuze ko yampano akurikiranyweho ibyaha bitandukanye iribyo ibi bikurikira gukubita no gukomeretsa ku bushake,gukoresha ibikangingisho,kunywa ibiyobyabwenge n'ibindi bitandukanye.
Kuri ubu Yampano afungiye kuri stasiyo ya RIB ya Kicukiro, mu gihe dosiye ye iri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Ibitubaho tuba tubifitemo uruhare 90%
ReplyDeletePost a Comment