Mu karere ka Rutsiro intara y'iburengerazuba umusore wimyaka 23 yamavuko yafunzwe akekwaho gusambanya mu byarawe wimyaka icyenda babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi baba bose .
Bivugwako ibi byabaye ubwo aba babyara bari bagiye mw'ishyamba gushaka ubwatsi bw'amatungo.
Uyu musore batashatse kumenyekanisha amazina ye yafashwe kuri uyu munsi taliki 29 Mutarama 20226 ku makuru yatazwe na baturage batuye mu kagari iki cyha cyabereyemo , ni mu mudugudu wa Rwaza Akagari ka Twabugezi mu murenge wa Murundi .
Umunyamabanga Nshigwabikorwa w'Umurenge wa Murundi Mukamana Jeannette mu kiganirona IGIHE yavuze ko nubwo uyu musore yafashwe uyu munsi icyaha atari bwo yagikoze.
Yavuze Ati " Uyu musore bivugwa ko yasambanyije uy mwana w'imyka icyenda taliki 18 mutarama 2026 ariko akomeza kwihishahisha" .
Amakuru IGIHE yamenye ni uko uyu musore yabwiraga uyu mwana ngo bajyane mu ishyamba kwahira bagera mu ishyamba akamusambanya , ndetse bikekwa ko yari amaze kubimukorera inshuro enye.
Post a Comment