Umusore w’imyaka 23 afunzwe akekwaho gusambanya mubyara we w’imyaka icyenda yamavuko


 Mu karere ka Rutsiro  intara y'iburengerazuba umusore  wimyaka 23 yamavuko yafunzwe  akekwaho gusambanya mu byarawe wimyaka icyenda  babanaga kwa  nyirakuru  ubyara ababyeyi baba bose .

Bivugwako ibi byabaye ubwo aba  babyara bari  bagiye mw'ishyamba gushaka ubwatsi bw'amatungo.

Uyu musore batashatse kumenyekanisha amazina ye yafashwe kuri uyu munsi taliki 29 Mutarama 20226 ku makuru yatazwe na baturage batuye mu kagari iki cyha cyabereyemo , ni  mu mudugudu wa Rwaza Akagari ka  Twabugezi mu murenge wa Murundi .

Umunyamabanga Nshigwabikorwa w'Umurenge wa Murundi Mukamana Jeannette mu kiganirona IGIHE yavuze ko nubwo uyu musore yafashwe uyu munsi  icyaha atari bwo yagikoze.

Yavuze  Ati " Uyu musore bivugwa ko yasambanyije uy mwana w'imyka icyenda  taliki 18 mutarama 2026 ariko akomeza kwihishahisha" .

Amakuru IGIHE yamenye ni uko uyu musore yabwiraga uyu mwana ngo bajyane mu ishyamba kwahira bagera mu ishyamba  akamusambanya , ndetse  bikekwa ko yari amaze kubimukorera inshuro enye.





tanga igitekerezo

Previous Post Next Post