M. IRENE NA LILIANE BASEZERANYE MU MURENGE

 


Umunyamakuru M. Irene na NISHIMWE Liliane bageze ku yindi ntambwe ikomeye mu rukundo rwabo.Basezeranye imbere y’amategeko mu muhango wabereye mu murenge. Bombi biyemeje kubana no kubahana nk’umugabo n’umugore, kandi  bakomeje gutegura indi mihango y’ubukwe bwabo. 💍❤️

Uyu muhango wabaye nyuma y’igihe bari bamaze bakundana, ndetse M. Irene akaba yari yarambikiye Liliane impeta mu Bubiligi.

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post