Mu Rwanda hakomeje iperereza ku kibazo cy’inzoga zitujuje ubuziranenge, aho abantu 18 bakora mu nzego za Leta bamaze kugaragazwa nk’abakekwaho kugira uruhare mu bikorwa biri gukorwaho iperereza.
Mu bakekwa harimo Dr. Emile Bienvenu, wari Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA). Ibi byatangajwe ku wa Kane n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda.


Post a Comment