Nyabugogo habaye impanuka ikomeye cyane




Hari ku mugoroba kuri uyu munsi tariki 25 kanama 2026 kandi mu karere ka nyarugenge mu murenge wa kimisagara akagari ka nyabugogo habaye impanuka ikomeye cyane aho imodoka ebyiri ziseguranye aho imwe yavaga nyanza kicukiro international.

Ibi byabaye mu masaha y'umugoroba ahagana saa mbili z'ijoro izi modoka ari zimwe muzitware abagenzi rusange zizwiho kbs 

Amakuru twabashije kumenya nawe nuko abari bari muri izo modoka bose ari bazima habaye impanuka kwishimira ni uko ntawitabye Imana nge nari Angelo The Eyes.



tanga igitekerezo

Previous Post Next Post