Umukinnyi Cristiano Ronaldo yarase igikombe kuyindi nshuro.


 Uyu mukinnyi ari mubakinnyi bakomeye kwisi mumukino wumupira wamaguru bamwe bavuga ko ari no mubihangange byabayeho kwisi bamwe bamwita greatest of all time kubera ibyo akora mukibuga nibitego atsinda usanga ariwe mukinnyi wabayeho ufite ibitego byinshi kwisi kuvayabaho gusa bamwe bamuntega ko nagikombe cyisi afite.

kurubu amaze gitakaza igikombe cya european asian league cyimeze nka UEROPA LEAGUE kunshuro ya 14 nakane arata ibikombe byose bakinaga na ekipa yo muri japan yitwa gamba osaka yabatsinze 1-0 kuwa kuwa 4 barakina na ekipe ya Damak FC kuva mumwa wa 2021 kugeza ubu amaze gutwaramo ibikombe 2 gusa ese haracyari amahirwe yo gutwara igikombe cya champion? uyu mwaka hasigaye umukino umwe gusa nibanganya cyangwa bagatsindwa bahitabatakaza igikombe cyuyu mwaka.

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post