Miss Naomie yahishuye ko yakuranye inzozi zo kuzakora mu ndege aha serevise abagenzi ,(flight attendant), ariko ntibyakunda bitewe n'uko atazi koga mu mazi mazi magari
Miss Nishimwe Naomie yabwiye abamukurikira ko nubwo yari afite izi nzozi ariko nyuma yaje kumenya ko kugirango uhabwe ako kazi hari amahugurwa ubanza guhabwayabonye atashobora.
Miss Nishimwe Naomie yavuzevko muri ayo mahugurwa hari aho bagushyira muri ayo mahugurwa hari aho bagushyira muri pisine nini cyane kugira ngo barebe koko niba ufite ubushobozi bwo kuzihangana mu gihe indege igeze hagati mu nyanja.
Aya mahugurwa niyo yamukomye munkokora kuko mu buzima busanzwe atazi koga mu mazi magari.
kuri ubu Miss Naomie ari kubarizwa i Bali muri Indonesia aho ari mu butembere we nu mutware we Michael Tesfay.
Post a Comment