JOSE MURINHO YATANGAJWE NKUMUTOZA UGIYE GUTOZA REAL MADRID.


 

Uyu numutoza usanzwe uzwi nigihangange kwisi hose bitewe nuko namuntu ujya umushyiraho igitutu cyukuntu ayobora numutoza wari watoje ama ekipe menshi,mu myaka ishize nibwo yari yaratoje nibwo yaherukaga gutoza iyi ekipe ikinamo abakinnyi bibihangage twavugamo nka Cristiano Ronaldo na Mizutu Ozil na Xabi alonso nabandi bari bakomeye muri iyo myaka yabatojemo nibwo bamaze imyaka 11 abatoza atwaramo ibikombe 6 bya Champions League,byumvikane ko uyu ari umutoza biteguye uje guhindura ibintu.

Mumyaka ibiri ishize iyi ekpe ya Real Madrid ntagikombe nakimwe ifite kandi nabareba imikino ikina babonaga haburamo akantu kurubu rero ekipe ya Real Madrid yazanye umutoza mushya usa nkugiye guhindura ibintu,abafana ba ekipe ya Real madrid barishimye cyane.

Ese Jose Murinho arasubiza Real ikuzo yahoranye cyangwa ntakirahinduka muri iyi ekipe? reka tubitege amaso!

Gusa mbibutsako muri Real Madrid harimo kutumvikana hagati yabakinnyi ukwabo na bamwe mubayobozi bakomeye ba ekipe ya Real Madrid.

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post