Umunyamideli Jasinta Makwabe ufite inkomoko mu Rwanda yashuye ko ubukwe bwe bwapfuye hasigaye iminsi micye ngo abo yatumiye babutahe.
Uyu mukobwa yavuze ko yabeshywe n'umugabo wendaga kumushaka agahita amuburira irengero nyuma y'igihe gito asoje myinshi mu migenzo ya kinyarwanda yo gushyingirwa.
Ati"Nange nifuzaga kugira umuryangi,nkarongorwa,nkabana n'abana banjye. Uwo mugabo yaje narasengeraga kumugira. Yari umunyamahanga.Yari afite umuryango,afite n'abana twenda kungana. akambeshya imyaka ye.Yari yarangoye undi mugore".
Barakoye ndetse baranansaba ariko yari umubeshyi rwose kuko nyuma y'iyo mihango nahise mubura igihe cyane".
Bombi bakundanaga bategeranye bakifashisha itumanaho rya telefone zigendanwa.
Post a Comment