Ministry w'intebe Yasobanuye ko indwara zitandura zigomeje kwiyongera mubanyarwanda 2026.


 Ministry w'intebe Dr.nsengiyumva Justin Yasobanuye ko indwara zitandura zigomeje kwiyongera mubanyarwanda aho usanga mu mwaka wa 2025 abarwaye umuvuduko wamaraso Ari 134.823 bavuye kuri 58.19 muri 2017.abafite diabetes yubwoko bwambere nubwakabiri bavuye kuri11.891 bagera 21.164 mugihe abafite kanseri Ari 6.896 bavuye kuri2745.

Yavuze ko u rwanda rwakoze ibishoboka kugira ngo ubuvuzi bwizo ndwara bushyirwe kuri mituel de santé murwego rwo korohereza abanyarwanda kubona ubuvuzi.

tanga igitekerezo

Previous Post Next Post