Al Merrikh itangiye shampiyona neza itsinda kiyovu sports 2-0

 


Nyuma yo guhabwa uburenganzira bwo kwitabira shampiyona y’icyiciro  cya mbere mu Rwanda  ikipe ya Al Merrikh  yo muri Sudani yatangiranye imtsinzi , itsinda  Kiyovu sports ibitego 2-0 mu mukino wabere  kuri Kigali pele stadium kui uyu wa mbere.

Uyu mukino watangiye saa kumi n’ebyiri  zumugoroba ,amakipe yombo  agaragaza imbaraga zingana detse  akinira cyane hagati al merrikh yagaragaje ubuhanga  ina garagaza abakinnyi  bahagaze neza cyane dore ko nka Dauda ba yabaye umukinyi w’umukino .

Kuru hande rya Kiyovu sports umutoza yakoze impinduka zitandukanye mukubanza abakinyi  hanze babanzagamo  ariko  abakinnyi ba Kiyovu bagaragaje imbaraga nyinshi bituma igice cy’ambere kirangira ari 0-0 ku makipe yombi

 Mu gice cya kabiri umukino wakomeje  ariko Al merrikh  iza kubona igitego cy ambere cya Daudi Ba ku munota wa  69  kiyovu sports yakomeje gushaka uburyo bwo kwishyura  ariko ntibyakunze .

Kuko ku munota wa 87  Al merrikh yabonye igitego cya kabiri  cya Mhamed Teya Abudegen  winjiye asimbuye .

Iyi nstinzi ya Almerrikh yatumwe yegukana amanota 3 itangira neza  champiyona. Al Merrikh izongera gukina taliki ya 27 ugushyingo  yakirwa na Bugesere  FC . ese nabwo izakurayo intsinzi  ?




tanga igitekerezo

Previous Post Next Post